
#1. Wakora iki ubonye iki cyapa ?
#2. Ni iyihe feri ituma imodoka igenda buhoro kandi igahagarara ku buryo bwizewe bubangutse kandi nyabwo, uko imodoka yaba yikoreye kose yaba igeze ahacuramye cyangwa ahaterera
#3. Ibizirikisho by’iminyururu cyangwa by’insinga kimwe n’ibindi by’ingoboka bikoreshwa gusa igihe nta kundi umuntu yabigenza kandi nta kindi bigiriwe uretse gusa kugirango ikinyabiziga kigere aho kigomba gukorerwa kandi nturenze na rimwe km 20 mu isaha, ibyo bizirikisho bigaragazwa ku buryo bukurikira
#4. Inkombe z’inzira nyabagendwa cyangwa z’umuhanda zishobora kugaragazwa n’ibikoresho ngarurarumuri. Ibyo bikoresho bigomba gushyirwaho ku buryo abagenzi babibona

#5. Iki cyapa gisobanura iki?
#6. Ni ryari itegeko rigenga gutambuka mbere kw’iburyo rikurikizwa mu masangano:
#7. Icyapa kivuga gutambuka mbere y’ibinyabiziga biturutse imbere gifite amabara akurikira
#8. Iyo hatarimo indi myanya birabujijwe gutwara ku ntebe y’imbere y’imodoka abana badafite imyaka

#9. Uri hafi kunyura k’umuyobozi w’ikinyamitende. Muri ibi byapa bikurikira nikihe wakwitondera?
#10. Iyo kuyobya umuhanda ari ngombwa bigaragazwa kuva aho uhera no kuburebure bwawo n’icyapa gifite ubuso bw’amabara akurikira
#11. Ibimenyetso bimurika byerekana uburyo bwo kugendera mu muhanda kw’ibinyabiziga bishyirwa iburyo bw’umuhanda. Ariko bishobora no gushyirwa ibumoso cyangwa hejuru y’umuhanda
#12. Ubugari bwa romoruki ntiburenza ubugari bw’ikinyabiziga kiyikurura iyo ikuruwe n’ibinyabiziga bikurikira?
#13. Kumanywa urumuri rudahagije hatabona neza .Ni ayahe matara y’urugendo ugomba gukoresha
